Mu Mujyi witwa Busia uri muri Kenya hari Abarundi 60 barimo n’abana bashyizwe mu kato bakekwaho Ebola bavanye muri Uganda. Igikuba cyacitse mu batuye uriya mujyi nyuma yo kubona Abarundi bageze muri k...
Mu gihe isi yitegura kuzazirikana umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, abafite ubwo kutabona bo muri Uganda basohorewe Kopi y’Itegeko nshinga ryanditswe mu nyandiko yabagenewe yitwa Braille. ...
Inama y’ubukungu y’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, East African Business Council, itangaza ko kuva u Rwanda na Uganda byongera gufungura imipaka, ubucuruzi hagati ya Kigali na Kam...
Mu Ntara ya Ntungamo haravugwa inkuru y’abarimu batatu bamaze kwiyahura mu minsi 14. Babiri bigishaga mu Mashuri abanza kandi yigenga mu gihe undi ari uwo mu ishuri rya Leta. Polisi ivuga ko uwa mber...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu Taliki 12, Ugushyingo, 2022 nibwo abasirikare ba mbere ba Kenya bageze mu Mujyi wa Goma mu rwego rwo gutanga imbere umutwe wa M23 bivugwa ko ufite umugambi wo kuhi...
( Rtd) Sergeant Major Ignance Muhatsi ni Umunyarwanda uri mu kiruhuko cy’izabukuru. Avuga ko kuba akuze akaba agandera ku mbago nk’umuntu mukuru ntacyo yicuza kuko ubusore bwe yabukoresheje neza arwa...
Abanyeshuri 11 bo mu ishuri ryitwa Salama School riri ahitwa Mukono bishwe n’inkongi yadutse mu cyumba bararamo. Iri shuri riherereye ahitwa Luga, mu Kagari ka Ntejeru za Kisoga. ChimpReports yanditse...
Umudepite wo muri Uganda witwa David Wakikona yashimutiwe i Nairobi nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Uganda. Yari ahagarariye Intara ya Bukigai mu Nteko ishinga amategeko ya U...
Ubunyamabanga bw’Ishami ry’Umuryango W’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, WHO/OMS, bwatangaje ko hari ubwoko bw’inkingo za Ebola ziri gukorwa ngo zizageragerezwe muri Uganda kuko izisanzwe ziriho z...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Prof Nshuti Mannasseh yabwiye abaturage ba Uganda ko Abanyarwanda n’abaturage ba Uganda ari abavandimwe basangiye byinshi mu mate...








