Dr.Hassan Wasswa Galiwango wari ugarariye Uganda muri Kenya no muri Seychelles yatabarutse nk’uko byatangajwe na Visi Minisitiri w’Intebe akaba ashinzwe n’umubano wa Uganda n’ibihugu bya EAC witwa Reb...
Minisitiri w’umutekano wa Uganda witwa Gen Jim Muhwezi yabwiye Inteko ishinga amategeko ko Minisiteri ayoboye yatanze umushinga w’ingengo y’imari ingana na Miliyari Shs 21.9 yo kugura imodoka nshya zi...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ahitwa Adebe ugana Kampala –Gulu habereye impanuka yahitanye abantu 16. Ni imibare yatangajwe na Polisi ya Uganda. Imodoka ya bisi ifite nomero UAT 259P y’’ikigo Rob...
Imibare itangwa na Polisi ya Uganda ivuga ko abantu icyenda ari bo baguye mu muvundo wabereye mu nzu y’imyidagaduro yitwa Freedom City Mall mu Murwa mukuru Kampala. Umusangiza w’amagambo( MC) yabwiye...
Abo ni Ishingiro Mustafa, Murara Alphonse na Hakizimana Etienne. Etienne niwe wabanje kumenyekana mbere kubera ko hari abo mu muryango we babibwiye Taarifa. Ngo yari avuye muri Uganda atashye mu Rwand...
Taarifa yamenye ko hari Umunyarwanda witwa Etienne( abo mu muryango we ntibifuza ko irindi rimenyekana) waguye mu mpanuka yakozwe na Bisi ya Volcano( ni ikigo gikorera mu Rwanda) yari ivuye i Kampala ...
Mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi haherutse kwangirizwa ibiyobyabwenge birimo n’ibilo bine by’ikiyobyabwenge gikomeye kitwa Heroin. Ibindi byangijwe ni ibilo 34 by’urumogi, udupfunyika 11,530...
Ku Cyumweru Taliki 18, Ukuboza, 2022, umukozi wo kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda yarumwe n’’inzoka yari ivuye mu bihuru byakuriye hafi aho. Uwarumwe n’iyo nzoka ni umugabo witwa Jonathan Kay...
Umwana witwa Paul Iga yari arimo akina, aza kugenda agana aho imvubu yari ikukiye ivuye mu Kiyaga cya Edward muri Uganda iba iramufashe itangira kugerageza kumumira. Umugabo witwa Chrispas Bagonza war...
Abaganga bahagarariye abandi bapfukamye imbere ya Perezida wa Uganda bamusaba ko yabababarira akaziyamamariza manda ya karindwi. Ni bamwe mu bagize Inama y’igihugu ry’abaganga ba Uganda yitwa Uganda M...









