Abantu b’ingeri zose baturutse hirya no hino muri Kigali n’ahandi, bahuriye mu rusengero rwa ADEPR Nyarugenge kura no basezere kuri Pesiteri Theogene Niyonshuti bitaga inzahuke uherutse kugwa mu mpanu...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bibumbiye mu muryango bise Humura kuri iki Cyumweru taliki 25, Kamena 2023 bazajya kunamira imibiri 917 y’Abatutsi batembanywe n’Akagera kakabata muri Tanzania. M...
Umuryango w’Afurika yunze ubumwe uvuga ko hagiye gutangira gahunda yo gukura ingabo zawo zose muri Somalia. Intego ni uko Somalia ubwayo yasigara yicungira umutekano wayo kuko ziriya ngabo zitazahora ...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika yaburiye abaturage b’iki gihugu kutajya muri Uganda uko biboneye kandi n’abasanzwe bahatuye bakagira amakenga. Itangazo ritanga uyu mubu...
Umuyobozi w’Abangilikani ku rwego rw’Isi, Umwongereza witwa Archibishop of Canterburg Justin Portal Welby yandikiye ibaruwa uhagarariye Abangilikani bo muri Uganda amubwira ko bagomba guhaguruka bak...
Icyo mu ndimi z’amahanga bita central corridor ni umuhanda uhuza u Rwanda n’icyambu cya Dar es Salaam. Uyu muhanda wabaye ingirakamaro ku Rwanda mu bihe bitandukanye kubera ko abacuruzi barwo babonye ...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko igihugu cye kiri kwiga uko cyashyiriraho Uganda ibihano kiyiziza itegeko Perezida wayo aherutse gusinya rwo guca ubutinganyi iwe. Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Gic...
Hari amashusho yatangajwe kuri YouTube agaragaramo abarwanyi ba Al Shabab bigamba kwica ingabo za Uganda zoherejwe kugarura no kubungabunga amahoro muri Somalia. Ingabo za Uganda hamwe n’iz’ibindi bih...
Perezida Museveni yasabye ubutegetsi bwa Kenya gufata kandi bukoherereza ubwa Uganda abantu bavugwa mu bushimusi, ubusahuzi n’ubwicanyi bwakozwe n’abo bita aba Turkana babukorera abanya Uganda. Museve...
Abagabo 10 bafatiwe mu Murenge wa Matimba mu Kagari ka Kagitumba mu Karere ka Nyagatare binjiza mu Rwanda amasashi 121,000 kandi atemewe. Abatuye aka gace gakora ku mupaka w’u Rwanda na Uganda nibo ba...









