Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda rwasanze ari ngombwa ko rutunganya imbuto rukenera kugira ngo rwirinde guhora rugura izo hanze yarwo kuko zaruhendaga. Bikubiye mu byo yagejej...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yibutse gutangaza ko hari ubwoko butatu bw’imiti buri gukorwa nyuma y’uko aborozi bo mu Karere ka Nyagatare batangaje ko imiti bari bamaze igihe batera inka zabo ngo ...

