Ku Murindi mu Karere ka Gasabo hari kubera imurikabikorwa ry’aborozi n’abahinzi kugira ngo berekane aho ikoranabuhanga muri iri nzego z’ubukungu rigeze. Ubworozi ni umwitero, ubuhinzi bukaba umukenyer...
Mu Mujyi wa Libramont- Chevigny mu Bubiligi haherutse kubera imurika ry’ibyagezweho mu buhinzi n’ubworozi bukorerwa mu bihugu by’Ubumwe bw’Uburayi ariko Abanyarwanda bororera ingurube mu Rwanda ...
Minisitiri w’u Rwanda ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafili yasinyanye na mugenzi we wa Guinea amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubuhinzi. Ni amasezerano azibanda ku bushakashat...
Ikigega cy’Abanyamerika kigamije iterambere mpuzamahanga, USAID, cyahuje abakora mu buhinzi n’ubworozi n’ibigo by’imari kugira ngo barebere hamwe uko impande zombi zakorana. Ni igikorwa kitabiriwe na ...
Mu mezi atanu ari imbere mu Rwanda hazabera imurikabikorwa ry’ibikoresho n’ikoranabuhanga mu buhinzi ryateguwe n’abanya Lebanon. Ni imurikabikorwa MINAGRI ivuga ko rizagirira akamaro abakora uyu mwug...
Abanyarwanda bacururiza muri Mozambique basuye rwiyemezamirimo ufite ikigo cyorora ingurube bya kijyambere ukorera muri Gicumbi witwa Jean Claude Shirimpumu abereka uko bazazororera muri Mozambique. B...
Ibarurishamibare ryerekana ko Abanyarwanda bagera kuri miliyoni 13 zirenga, kandi benshi muri bo ni urubyiruko. Benshi batuye mu Ntara y’Uburasirazuba kuko yonyiye ituwe na 20%. Dr Télésphore Ndabamen...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ivuga ko hari ubukangurambaga buteganywa kuzakorwa kugira ngo Abanyarwanda bumve ko kurya inyama z’ingurube nta kizira kirimo. Ni umukoro uzagendana no kongera amabagi...
Hashize iminsi amatungo yo mu Mirenge ya Gahini, Mwiri na Murundi mu Karere ka Kayonza agaragaje ibimenyetso by’indwara y’uburenge. RAB ivuga ko hashingiwe kuri ibyo bimenyetso, mu rwego rwo kurinda k...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi cyatangije igikorwa cyo guha aborozi inkwavu zifite amaraso mashya mu rwego rwo kuvugurura icyororo cy’inkwavu mu Rwanda. Intego ni ugufash...








