Kimwe mu byemeranywaho n’abahanga ko byerekana ko umuntu yatangiye gusaza ni ukudashobora guhagarara k’ukuguru kumwe byibura amasogonda 10. Bavuga ko iyo udashobora kubikora kandi utasinze...
Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda riremeza amakuru yari yazindutse yandikwa y’uko Alain Mukuralinda yatabarutse. Muri iri tangazo rigufi, handitswemo ko Alain Mukuralind yaguye mu bitaro bya Faysal a...
Mu bitaro bya Butare buri mu Karere ka Huye abaganga babaze ubwonko bw’umurwayi bamukura ikibyimba mu bwonko adatewe ikinya gifata umubiri wose. Uwo muntu yabazwe areba kuko igice cyabazwe kitasabaga ...
Ubushakashatsi bwemeza ko kuririmba no gukoresha ibicurangisho bigirira ubwonko akamaro ndetse n’ubw’abantu bageze mu zabukuru. Akamaro kabyo ni uko bituma ubwonko bukomeza gukora uturemangingo fatizo...
Abaganga baherutse gusangana umuhanzikazi wo muri Canada witwa Céline Dion indwara idakunze kugaragara mu bantu bita Stiff Person Syndrome (SPS). Ni indwara yibasira ibice by’ubwonko bikorana n’inging...
Taliki 17, Ukuboza, 2022 nibwo hazibukwa ku nshuro ya mbere mu buryo bw’imbonankubone ubuzima bwa DJ w’umuhanga kandi w’umunyarugwiro witwaga DJ Miller. Yatabarutse muri Mata, 2020. Igitaramo cyo kumw...
Abantu muri rusange bumva ko ibyiza ari uko umuntu yarya atavunitse. Hari abumva ko umuntu abonye icyo arya cyangwa anywa adakoresheje imbaraga nyinshi ari byo bimwubaka kurusha kubira ibyuya akaza kw...
Mu mboni z’abahanga bamwe na bamwe nka Stephen Hawking, ibiri mu isanzure byarigiyemo binyuze mucyo bise BIG BANG. Ngo ni iturika rihambaye ry’ingufu zatumye inyenyeri, imiyaga, imibumbe b’ibindi biri...
Abantu benshi bibwira ko kurara bakora ari byo byerekana ko ari abakozi cyane kandi bazagera ku bukire. Bituma badasinzira bihagije ngo barashaka umukiro. Icyakora kudasinzira bihagije ni ukwikururira...
Mu Mudugudu wa Kabarora, Akagari ka Rugerero, Umurenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, mu mpera z’Icyumweru gishize Polisi yafashe abantu bane barimo umukobwa wayibwiye ko Se ari we wamuhaye urumogi ...









