Mu Bwongereza havutse abana umunani bakomoka ku babyeyi batatu badahuje amaraso na gato. Ni ikintu kibayeho bwa mbere mu mateka y’ubushakashatsi mu kubyaza kuko amaraso y’abo bana nta kibazo yerekana ...
Rishi Sunak wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yahawe inshingano zo kuba Umujyanama mu bukungu bw’ibihugu by’isi muri Banki ikomeye muri Amerika yitwa Goldman Sachs....
Indege yo mu Buhinde yavaga muri iki gihugu ijya mu Bwongereza yakoze impanuka igihaguruka ihita ikongoka. Abantu 200 nibo bamaze kubarurwa ko bayiguyemo. Yari irimo abantu 242, ikaba yahuye n’a...
Minisitiri w’Intebe wa Israel yaraye yanditse kuri X ko Ubwongereza budakwiye kwitiranya kwirwanaho nk’igihugu no gukorera abantu ibya mfura mbi. Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer uyobora Ubwongere...
Tiffany Sadler arateganya gusura u Rwanda mu Cyumweru gitaha akazaganira narwo uko umubano hagati ya Kigali na London wakomeza, ukaba mwiza kurushaho. Itangazo Taarifa Rwanda ikesha Ambasade y’U...
Kubera impamvu u Rwanda ruvuga ko zishingiye k’ukutubahiriza amasezerano rwagiranye n’Ubwongereza, rwatangiye kubwishyuza Miliyari Frw 89 zingana n’amafaranga y’amapawundi Miliyoni 50. Kigali ifashe i...
Uretse ahantu hake ku isi, ahandi hose abageni bambara ikanzu ndende yera de! Ni umwambaro wambarwa haba mu bihugu bikoresha Igifaransa cyangwa ibikoresha Icyongereza ndetse no mu Bushinwa niyo bamba...
Steven Woolfe wahoze ari Umudepite w’u Bwongereza mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi aherutse gutangaza ko guhagarika gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, byabaye icyemezo...
Umwongereza wahoze mu basore bane bashinze itsinda One Direction witwa Liam Payne yaraye yiyahuye amanutse mu igorofa ya gatatu ya Hoteli yitwa CasaSur Palermo Hotel iri mu Murwa mukuru wa Argentine ...
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer yirinze kwerurira itangazamakuru ku byo yaganiriye na Perezida w’Amerika Joe Biden ku byerekeye kwemerera Ukraine kurasa missiles mu Burusiya. Ni mis...








