Rees Kinyangi uyobora SONARWA na Aisha Uwamahoro ushinzwe ibaruramutungo muri iki kigo batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha bakurikiranyweho kunyereza miliyoni Frw 117. Ubugenzacyaha bwabwiye ...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko Guveriinoma y’u Rwanda iteganya kongera amafaranga ajya muri gahunda zo gufasha abafite ubumaga, akava kuri Miliyari Frw 7,5 akagera kuri Miliyari Fr...
Ikigo cy’ubwishingizi, SONARWA Life Assurance Company Ltd, cyahawe umuyobozi mushya witwa Dianah Mukundwa. Asanzwe ari umuhanga mu micungire y’imari n’amabanki. Itangazo riha uyu mugore izi nshingano ...
Itangazo rigenewe abanyamakuru rivuga ko ikigo cy’ubwishingizi, Sanlam, cyatangiye imikoranire itaziguye n’ikigo Allianz kugira ngo bihuze imbaraga mu rwego rwo guha abatuye Afurika serivisi z’ubwishi...
Inama ikomeye yahuje inzego za leta, amavuriro yigenga n’ibigo by’ubwishingizi yakuyeho icyemezo cyari gutuma guhera kuri uyu wa 25 Mutarama, abantu bivuriza ku bwishingizi bwa Radiant, Britam na Sanl...
Mu masaha y’umugoroba Ku Cyumweru taliki 23, Mutarama, 2022 hasohotse itangazo ryasinyweho n’ubuyobozi bw’Ihuriro nyarwanda ry’abaganga bigenga rivuga ko abarwayi bari basanganywe ubushingizi bafatiy...





