Mu Kagari ka Kibenga, mu Murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo hari ababyeyi baraye batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana wabo bakamuta mu bwiherero. Bikekwa ko bamutaye...
Ababyeyi bo mu Murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke barakekwaho kuboha umwana wabo w’imyaka 12 bakamuta mu bwiherero. Ku bw’amahirwe, abaturanyi bamukuyemo ari muzima. Umugabo yahise aburirwa ir...
Inzego z’umutekano mu Karere ka Rulindo zafatiye abantu batatu mu Mudugudu wa Kigomwa, Akagari ka Nyamyumba mu Murenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo, mu masaha y’igicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 2...
Mu Mudugudu wa Mirambi, Akagari ka Burima mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango haraye havuzwe inkuru y’urupfu rw’umwana w’imyaka itatu wishwe azirikiwe amaboko imugongo( mu mugongo) uwamwishe am...
Mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze hari isoko rifite ubwiherero bugizwe n’ibyumba bitatu ariko bintinze ibiti byamaze kubora. Ababwifashisha batakambira inzego zo bwasanwa kandi bukagirwa bwins...
Umwana w’uruhinja w’umunyamugisha abantu bamukuye mu bwiherero aho yari yatawe n’umuntu utaramenyekana. Amakuru avuga ko ruriya ruhinja rwari rumaze Icyumweru kimwe ruvutse. Abaturage bo mu Mudugudu w...
Mu Mudugudu wa Nyamure, Akagari ka Nyakina, Umurenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke, haravugwa inkuru mbi y’uruhinja rufite n’ukwezi kumwe basanze mu bwiherero rwapfuye. Ntibiramenyekana niba ari um...






