Minisitiri w’Intebe wa Canada Mark Carney yatangaje ko igihugu cye nacyo kizatanga ko cyemeye ko Palestine iba igihugu kigenga mu buryo bwuzuye. Izaba ibaye igihugu cya gatatu mu bigize ikitwa G...
Ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York kuri uyu wa Mbere Tariki 28, Nyakanga, harabera Inama ikomeye ihuza Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga iri butegurirwemo umushi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame yatabiriye umunsi wo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bw’ibirwa bya Bahamas. Ni isabukuru yizihijwe ku nshuro ya 50. Umurwa mukuru wa Bahamas wit...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Prof Nshuti Manasseh yavuze ko umuhati wa Perezida Lorenco mu guhuza u Rwanda na DRC ndetse n’ibindi bice birebwa n’ibibazo biri ...
Mu rwego rwo kwifatanya n’Abarundi kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 u Burundi bumaze bubonye ubwigenge, Perezida w’ Rwanda Paul Kagame yoherereje mugenzi we w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ubutumwa b...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ni umwe mu bashyitsi b’u Burundi mu birori by’Umunsi w’Ubwigenge, nyuma y’igihe ibihugu byombi bitabanye neza. U Burundi burizihiriza umunsi w’ubwigenge i...
Umuhanga mu mateka y’u Rwanda Prof Déo Byanafashe avuga ko kugira ngo umuntu amenye icyo Abakoloni bahaye Abanyarwanda, agomba kubanza kureba uko icyiswe ubwigenge cyatanzwe, uwagisabye n’uwagihawe. ...






