Umugabo witwa Denis Kazungu yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB akekwaho kwica abantu batazwi umubare akabashyingura mu nzu yakodeshaga. Yabashyinguraga mu nzu iherereye mu Karere ka Kic...
Hagiye gushira igihe ‘kinini’ hirya no hino mu Rwanda humvikana abantu bishe abandi bakoresheje inyundo, imihini, umuhoro cyangwa izindi ntwaro gakondo. Polisi y’u Rwanda yongeye gushimangira ko abako...
Umugabo witwa Sekamana Tharcisse w’imyaka 40 yicishije umugore we inyundo. Nyuma yahise yandika ibaruwa y’irage ry’abana be arangije aracika. Byabereye mu Mudugudu wa Kimaramu, Akagari ka Kamagiri, Um...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, abantu bataramenyekana mu buryo bweruye bagabye igitero ku kirombe cy’amabuye y’agaciro kiri muri Centrafrique gihitana Abashinwa icyenda, abandi babiri barakomereka...
Imibare y’agateganyo yabaguye mu gitero cyagabwe na Islamic State ivuga ko kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, bari bamaze kuba 53. Leta ya Syria yatangaje ‘nta kabuza’ kiriya gitero cyagabwe...
Yitwa Kiernan Forbes akaba yaramenyekanye nka AKA. Uyu muhanzi uri mu bakomeye bo muri Afurika y’Epfo yiswe arasiwe mu Mujyi wa Durban n’abantu Polisi itaratangaza kugeza ubu. Yari akiri muto kuko yar...
Abasore babiri bo mu Karere ka Gasabo bemeye ko bishe uwakoraga uburaya bamuziza ko yari yibye umwe muri bo Frw 3,000. Barangije kumwica bamushyira mu mufuka w’ibishingwe. Byabereye mu Mudugudu wa Gis...
Umugabo ukomoka mu Butaliyani witwa Edgardo Greco yafashwe na Polisi y’u Butaliyani ifatanyije na Polisi mpuzamahanga nyuma y’imyaka 16 yari amaze yihisha. Basanze ari umutetsi w’imigati mu Bufaransa....
Guverinoma ya DRC irashinja M23 kwica abasivili bagera kuri 50 bishwe barasiwe ahitwa Kishishe, mu gace ka Bwito hafi ya Rwindi. Hose ni muri Rutchuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni ubwicanyi bw...
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Leta ya Chicago haraye haguye ishyano ubwo umuntu yarasaga abantu bari baje mu birori bita Halloween akica abantu 14, abandi icyenda bakaba bari hagati y’urupfu n...









