Mu Mudugudu wa Rusayo, Akagari ka Nyange, mu Murenge wa Bugarama muri Rusizi haraye habereye ikiza cy’inkuba yakubise abantu batatu barimo n’umunyeshuri wo mu mwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza. Big...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko imyiteguro yo kwikira Perezida Paul Kagame mu Ntara y’i Burasirazuba irimbanyije. Izaba ari Intara y’u Rwanda ya gatatu asuye kuko yabanjiriye mu Ntara y’Amajyepfo, ak...

