Ikigo AIDS HealthCare Foundation (AHF) kiri gukangurira urubyiruko kwirinda SIDA binyuze mu kurwegereza udukingirizo. Abibanzweho muri ubu bukangurambaga ni urubyiruko rwo muri Kaminuza no mu bigo by...
Bisa n’aho ku isi nta handi hantu hahura n’ibibazo kurusha ahitwa Munsi Y’Ubutayu bwa Sahara. Uretse intambara, inzara, ubutayu n’ibindi bibazo, muri iki gice cy’isi niho hari abanduye SIDA benshi kuk...
Ubuyobozi bw’umurwa mukuru wa Koreya ya ruguru witwa Pyongyang bwategetse abaturage kuguma mu ngo zabo mu gihe cy’iminsi itanu(5)birinda kwanduzanya indwara ‘yandurira mu buhumekero.’ Nta ...
Abibwira ko COVID-19 yatsinzwe burundu bashobora kuba bibeshya cyane. Abahanga mu bya virusi bavuga ko isi yagombye kwitegura ubundi bwandu bushya bwa COVID-19 bise BQ.1 na BQ.1.1 Ni ubwandu bukomoka...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’ubuzima, WHO/OMS, rivuga ko mu gihe kiri imbere kandi kitarambiranye ku isi hazaduka ubundi bwoko bwa COVID-19 bwihinduranyije bwandura vuba kandi bukazahaza be...
Abashakashatsi bo muri Denmark babonye ko Omicron yihinduranyije yikoramo ubundi bwoko bise BA.2. Bavuga ko ubu bwoko bushya bwandura cyane kurusha ubwari busanzweho bwa BA.1 Igiteye ubwoba kurushaho ...
Mu gihe hasigaye igihe gito ngo ‘gahunda ya Guma mu Rugo ya gatatu irangire’, kuri uyu wa Gatanu no ku wa Gatandatu( hagati y’itariki ya 23 na 24, Nyakanga, 2021), abaturage barafatwa ibipimo bya COVI...
Kugeza kuri iki Cyumweru, imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko abamaze kwandura icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda ari abantu 18.053, abamaze gupfa ni 249. Iki cyorezo cyagaragaye bwa mbere mu Bu...







