Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA) kivuga ko abantu bakwiye kubungabunga ubuziranenge bw’inyama. Gisaba abantu kumenya ko inyama zu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa Rwanda FDA cyatangaje ko hari imiti ikozwe mu bimera itujuje ubuziranenge yakuwe ku isoko ry’u Rwanda. Itangazo ribi...
Polisi y’u Rwanda, Ubugenzacyaha hamwe n’ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa beretse itangazamakuru ibicuruzwa bifite agaciro karenga Miliyoni Frw 100 byafatiwe hirya no hino mu Rwanda bi...
Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko gikuye ku isoko puderi(powder) yitwa Johnson’s baby powder. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’uko uruganda rukora iyi puderi rwi...
Polisi y’u Rwanda, RIB, Laboratwari y’u Rwanda y’Ibimenyetso bya gihanga byifashishwa mu butabera (RFL), Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’ubuziranenge, Ihiganwa mu bucu...
Polisi y’u Rwanda iri gushakisha umugabo witwa Dany Irihamye kubera ko iherutse gusanga iwe ingunguru zirimo inzoga yitwa Igikwangari ingana na Litiro 1,680 ariko arayicika. Yari asanzwe atuye mu Mure...
Ikigo Gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyashyizeho amabwiriza agomba kubahirizwa n’ibigo bikora inzoga n’ibizikwirakwiza, hagamijwe kurushaho kurengera ubuziranenge bwazo. Ni amabwiri...
Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyagaragaje ko nyuma y’ubugenzuzi cyakoze ku mwuka wo mu karere ka Rubavu cyasanze atari mwiza, nubwo ntaho bihuriye n’Ikirunga cya Nyiragingo cyat...
Inzego z’ubuzima n’iz’umutekano mu Bushinwa zahuje imbaraga mu guhiga no gufata abantu bakora mu bigo by’ubushakashatsi bikora inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge bakazigurisha. Hari impun...








