Mu Kagari ka Munanira, Umurenge wa Nyakabanda muri Nyarugenge Polisi yahafatiye ubwoko bw’amavuta yangiza uruhu bita mukorogo. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire avuga ko ama...
Intumwa z’ibihugu bitandatu byo muri Afurika zahuriye mu Rwanda mu nama yo kwigira hamwe uko habaho guhuza no kwihutisha amabwiriza y’ubuziranenge ku bicuruzwa bihuriweho no korosha itanga ry’ibirango...
Umworozi witwa Nzabakurana Jean Marie Vianney worore mu Murenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze avuga ko aho inganda zikora ibiryo by’amatungo zitangiriye gukora, byatumye amatungo cyane cyane i...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rutsura ubuziranenge, RSB, basuye batunguye abakora kuri imwe muri sitasiyo zo mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi babasaba kubereka uko gaze na lisansi bahacuruza...
Abaturage bo mu Karere ka Rusizi ahari Koperative y’abarobyi kitwa Projet Pêche mu Murenge wa Kamembe hafi y’ikiyaga cya Kivu neza neza, bavuga ko ifu y’isambaza yagize kandi igifiti...
Hari ababyeyi babura Frw 975 yo kugurira abana imboga zo kurira ku ishuri muri gahunda ya School Feeding bagahitamo kujyayo bakazihinga nk’ingurane. Bamwe muri bo ni abo mu Karere ka Kayonza na ...
Umuyobozi wa Groupe Scolaire Saint Joseph Rasaniro mu Karere ka Nyaruguru witwa Oswald Kubwimana avuga ko bazibukiriye gushyira hasi imifuka ihunitse ibiribwa bigaburirwa abana. Basanze bituma bizamo ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge, Rwanda Standards Board, kivuga ko abayobora ibigo mu mashuri ayo ari yo yose bagomba kumenya ko mu gikoni atari ahantu hasanzwe. Ni ubutumwa iki kigo cyageneye...
Umwe mu bagenzacyaha ukorera mu Mujyi wa Kigali aherutse guhabwa ruswa n’umwe mubo Urwego rw’Ubugenzacyaha rwari rwafashe arayanga. Ni ruswa ya Miliyoni Frw 4 zirenga. Uwo mugabo yari umwe mu bantu 1...
Ku bufatanye n’ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Ikigo cy’lgihugu gutsura Ubuziranenge (RSB) cyatangaje ko hafashwe ingamba zo guhagarika itangwa ry’ibirango by’ubuzi...









