Minisiteri y’ubuzima yasohoye itangazo rivuga ko bibujijwe gukora inkuru ku miti cyangwa ibikorwa by’ubuvuzi. Itangazo ry’iyi Minisiteri rivuga ko umuntu wemerewe kwamamaza imiti cyangwa ibikorwa by’u...
Ikigo kiswe Health Tech Hub kigiye kubakwa mu Rwanda mu rwego rwo gufasha abahanga udushya mu by’ubuvuzi bukoresha ikoranabuhanga kubona aho bakorera hujuje ibisabya. Uyu mushinga ufite agaciro ka Mil...
Indwara ikomeye yiswe Monkeypox yadutse ku isi, imaze kugera mu bihugu 12 kandi mu gihe cy’umunsi umwe ni ukuvuga ku taliki 21, Gicurasi, 2022 yafashe abantu 92. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ku isi...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’ubuzima, WHO/OMS, rivuga ko mu gihe kiri imbere kandi kitarambiranye ku isi hazaduka ubundi bwoko bwa COVID-19 bwihinduranyije bwandura vuba kandi bukazahaza be...
Ikawa ni ikinyobwa gifitiye umubiri w’umuntu akamaro karenze kuba ‘kazumbature y’ubwonko’. Ubushakashatsi bumaze imyaka 10 bukorwa n’abahanga mu butabire bw’ikinyobwa cy’ikawa bwerekana ko uretse kuba...
Ahitwa Kagugu mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo hagiye kubakwa ikigo kita ku babyeyi( maternity center) kizafasha abagore batwite kubyarira kwa muganga kandi hafi yabo, abatwite nabo bakabona a...
Inzego z’ubuzima za Israel zitangaje ko zigiye kubaka ibitaro bigenewe by’umwihariko impunzi zahunze intambara iri kubera muri Ukraine zikaba zikeneye ubuvuzi. Minisitiri w’ubuzima wa Israel witwa Nit...
Mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi u Rwanda hari ibyo rwari rwaragezeho. Hari imihanda ya kaburimbo yari ihari, imiturirwa, ibibuga by’umupira w’amaguru, amashuri n’ibindi. Uwavuga ko nta terambere ...
Mu ijambo yagejeje ku bashyitsi bari batumiwe mu gikorwa cyo kumirika icyuma gisuzuma niba inyama z’umubiri w’umuntu zitarwaye kitwa MRI(Magnetic Resonance Imaging)giherutse kugurwa n’ibitaro Legacy C...
Saa cyenda zuzuye ku isaha y’i Kigali, nibwo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ari bugeze ijambo ku batuye u Rwanda akababwira uko uyu mwaka ugiye kurangira ruhagaze mu nzego za...









