Mu Mujyi wa Kigali mu Kigo cyitwa Norrsken habereye igikorwa cyo guhemba abakoze imishinga igamije gutanga ibisubizo mu rwego rw’ubuzima. Ni imishinga yakozwe mu rwego rw’ikoranabuhanga, ikaba yarakoz...
Mu Karere ka Ngororero haravugwa indwara abantu bahimbye Tetema ikaba yibanda ku bakobwa. Iravugwa mu kigo cy’amashuri kitwa College Amizero Ramba. Ubuyobozi bw’iri shuri buvuga ko iyi ndwara imaze im...
Perezida Paul Kagame yahaye Dr. Sabin Nsanzimana inshingano zo ku rwego rwa Minisitiri nyuma yo kumuvana k’ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare akamugira Minisitiri w’ubuzima. Yagiye kuri izi...
Mu Buyapani haravugwa inkuru y’umusaza w’imyaka 81 y’amavuko wasunikiye umugore we bari bamarane imyaka 40 mu Nyanja bituma amira nkeri arapfa. Nawe yari umukecuru w’imyaka 79 y’amavuko witwa Teruko n...
Umuyobozi mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, ushinzwe agashami gashinzwe kurwanya Virusi itera SIDA, Dr Basile Ikuzo avuga ko imibare yerekana ko 3% by’Abanyarwanda bafite ubwandu bwa VIH, iyi ikaba...
Minisiteri y’ubuzima muri Uganda yatangarije kuri Twitter ko hari umuturage w’iki gihugu wahitanywe na Ebola. Niwe muntu wa mbere utangajwe ko yahitanywe n’iyi ndwara muri uyu mwaka wa 2022 kuko uwo y...
Dr Thierry B.Murangira avuga ko mu gihe kingana n’umwaka, ni ukuvuga guhera muri Nyakanga, 2020 kugeza muri Kamena, 2021, Abanyarwanda 285 biyahuye. Ubusanzwe kwiyahura ni ikibazo gishobora kugera ku ...
Taarifa yabonye amafoto yerekana uko ahakorerwaga inzoga yitwa Huguka Ginger Drink hasa. Iyo urebye umwanda uhari haba mu bikoresho, mu nzu bikoreramo n’ahandi ukibuka ko iyo nzoga yanyobwaga n’Abanya...
Urwego rw’ubuzima mu Rwanda rushimirwa ingamba rwafashe kugira ngo habeho kwirinda indwara ariko habeho n’uburyo bwo kuzivuza. Icyakora hari amakuru aherutse gutangazwa na raporo y’umugenzuzi mukuru w...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS/WHO, ryatangaje ko mu mwaka wa 2021 abana bangana na miliyoni 25 hirya no hino ku isi batigeze bakingirwa izindi ndwara kubera ko isi yose yari iha...









