Mu myaka itanu iri imbere Minisiteri y’ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo barimo ikigo MSH bazaba bararangije guhugura ababyaza n’abaforomo 4,000 bazafasha mu kugabanya icyuho cy’aba bantu bakora mu rw...
Dr.Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima n’itsinda ayoboye bari muri Cuba mu biganiro na bagenzi babo bo muri Minisiteri y’ubuzima ngo barebe uko hatangizwa imikoranire. Iyi mikoranire izaba i...
Dr. Paulin Basinga aherutse kugirwa Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Bill & Melinda Gates Foundation Ishami rya Afurika. Ni umuganga w’Umunyarwanda umaze imyaka 12 akorera kandi akorana bya hafi n’iki...
Nk’uko biherutse gutangazwa na Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda hari amavuriro yegerejwe abaturage bita postes de santé angana 9% adakora na gake cyangwa se akora nabi. Ibi bigira ingaruka kuri serivisi...
Imani Basomingera uyobora Ikigo nderabuzima cya Murindi mu Murenge wa Nasho mu Karere ka Kirehe avuga ko abagombora abarumwe n’inzoka bagabanutse kandi bashishikarizwa kuzana abantu kwa muganga....
Professor Emile Bienvenu ni Umunyarwanda wahawe inshingano zo kuyobora Akanama Ngishwanama k’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi kiga ku buziranenge bw’imiti n’ibiribwa. Akigera m...
Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Eric Kneedler avuga ko igihugu cye cyatanze Miliyoni $85 azashyirwa mu mishinga ibiri igamije kurushaho guha abaturage serivisi nziza mu buzima. Amb Kneedler avuga ko iy...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima, Dr.Yvan Butera yaraye abwiye Taarifa ko u Rwanda ruri guhangana n’ikibazo cy’abana bavuka badashyitse. Dr Yvan Butera yabivuze nyuma yo kwitabira umuha...
Nk’uko byatangajwe na Prof Dr. Charlotte Baguma wungirije umuyobozi w’ishami ry’ubuvuzi n’iby’imiti muri Kaminuza y’u Rwanda, iki kigo kigiye gutangiza amasomo mashya mu nzego zitandukanye z’ubu...
Ikigo cy’igihugu kita ku mikurire y’abana, NCDA, cyashyikirijwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF imashini 80 zo gushyushya abana bavutse igihe nyacyo kitageze. Zose zifite agacir...









