Imibare ivuguruye itangwa n’inzego z’ubuzima muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko indwara indwara itaramenyekana iri kwica abantu umusubizo. Ubu imaze kwica abantu 130 muri Poro...
Abahanga mu by’imiti bavuga ko imibiri y’abaturage yatangiye kutakira imiti runaka kubera ko bayiyimenyereje kandi batayandikiwe n’abaganga. Ni ikibazo abahanga bavuga ko kibangamiye ubuzima rusange k...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyahawe moto 39 zo kugeza ku bigo nderabuzima n’ibitaro byo hirya no hino mu Turere dutanu kugira ngo zizafashe abajyanama b’ubuzima kugera ku...
Abahanga mu mateka bemeza ko ikayi y’umwihariko bita Journal Intime ari ingirakamaro mu kumenya imibereho y’abantu batubanjirije ku isi. Niyo yabafashije kumenya uko Abayahudi babagaho mu Ntambara ya ...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima Dr. Yvan Butera avuga ko kuba iminsi ibaye itatu nta muntu Marburg ihitanye, ari ikimenyetso ko bidatinze izaba yacitse mu gihugu. Butera avuga ko...
Kuri uyu wa Gatatu ku isi hose hari umunsi mpuzamahanga wahariwe kwihaza mu biribwa. Mu Rwanda hari ingo zirenga 20% zitarya gatatu ku munsi kandi indyo ikaba ari nkene. Abo muri Sosiyete sivile basab...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko u Rwanda rutaramenya amakuru mpamo y’aho icyorezo Marburg cyateye gituruka. Yabigarutseho mu kiganiro cya gatatu ahaye itangazamakuru nyuma y’uko iyi...
Inkuru nziza yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima ni uko abantu 15 baraye bakize Marburg. Ikindi ni uko kuri uyu wa Kane ntawe iyo ndwara yahitanye ndetse nta n’uwayanduye. Abantu 30 nibo ba...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku buzima, RBC, cyaraye gitangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 07, Ukwakira, hari izindi nkingo 700 zaraye zigeze mu Rwanda. Ku Cyumweru Minisitiri w’ubuzim...
Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima avuga ko u Rwanda rwaraye rwakiriye inkingo za mbere za Marburg ziri butangire guhabwa abaganga kuri iki Cyumweru. Ni inkingo zigeze mu Rwanda nyuma y’imi...








