Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe rivuga ko 51.3% by’Abanyarwanda biyahura, ari urubyiruko. Ni abafite hagati y’imyaka 19 na 35 , muri bo 16.8% bari munsi y’imyaka 18 n&#...
Regis Rugemanshuro uyobora RSSB yasabye abakozi bifuza kuzahabwa ubwishingizi bwa RAMA igihe bazaba batagikora bamaze gusaza gutangira kubyizigamiramo bakiri mu kazi bakirinda kuzabyaka baramaze kukav...
Prof. Claude Mambo Muvunyi uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, yatangije k’umugaragaro ikigo Leta y’u Rwanda izafatanya n’Ishami ry’Umuryango w’’Abibumbye mu gutuma RBC iba icyitege...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yamaze gushyira ku ruhande Miliyoni $ 200( ni Miliyari Frw 280) yo kuzashora mu mishinga wo kugeza murandasi henshi kandi muri serivisi nyinshi, zikazakoreshwa mu mushin...
Muri iki gihe, COVID-19 cyangwa se wenda isa nayo iravugwa mu Rwanda ku kigero gito cy’ubwandu ariko gishobora kwaguka. Ubwo yadukaga ikagarika ingogo mu myaka yaza 2020 -2022, imwe mu ngamba zo kuyir...
Guhumeka ni ikintu kikora kandi cyangombwa kugira ngo usohore umwuka wanduye wa carbon winjize uwa oxygen ukenewe mu kumera neza kw’amaraso no gutuma izindi ngingo zikora zitekanye. Nihagira umuntu uk...
Kuri uyu wa Kane mu Mujyi wa Kigali hazatangizwa uburyo bugenewe abajyanama b’ubuzima buzabafasha gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano mu gukusanya amakuru ya serivisi baha abarwayi akabikwa ...
Dr. Nsanzimana Sabin uyobora Minisiteri y’ubuzima yafunguye uruganda rukora inshinge zo kwa muganga, rwuzuye mu Karere ka Rwamagana, rukazabanza kujya rukora izigera kuri miliyoni ku munsi ariko zik...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kuri Noheli hirya no hino mu Rwanda havutse abana 887 kandi abenshi muri bo ni abakobwa kuko ari 467 mu gihe abahungu ari 420. Imibare y’abo bana yakusanyijwe ivuye mu bi...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kurandura SIDA, inzego z’ubuzima zigiye gutangira guha abantu umuti witwa ‘Cabotegravir Long Acting’ bahina uukitwa CAB-LA. N umuti uterwa mu rushinge hagamijwe...









