Nyuma y’uko mu Karere ka Muhanga abacuruzi bubakiwe isoko ariko ntiriremye, ubu mu Karere ka Karongi n’aho haravugwa isoko ryubakiwe abari basanzwe ari abazunguzayi, ariko ntibarirambyemo ahubwo barar...
Mu nzego z’ibanze iyo abayobozi bahuye n’abaturage bagira imvugo imaze kumenyerwa igira iti; “ Umuturage ku Isonga”. Inkuru zanditswe mu myaka mike ishize zashyize bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’iban...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa AS Muhanga rivuga ko kubera ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi abakozi bayo bazahembwa igice kandi ngo niba ibintu bidasubiye mu buryo mbere ya tariki 02, Gashyantare...


