Nyuma y’uko Ubushinwa buzindukiye mu gahinda bwatewe n’uko umutingito ufite ubukana bwa 7.1 uhitanye abakabakaba 100, ubuyoyozi bwa Nepal nabwo bwavuze ko abaturage b’iki gihugu bibasiwe nawo, uhitana...
Mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke haravugwa urupfu rw’amatungo magufi bigakekwa ko ari imbwa ziyica. Nazo zatangiye guhigwa bukware hakaba hari ebyiri zishwe. Ibarura rivuga ihene esheshatu n...
Mu Mujyi wa Muhanga hazindukiye impaka zo kumenya icyateye ubuyobozi gufungira amaduka bamwe mu bahacururiza nta nteguza bahawe. Njyanama y’Akarere yabwiye itangazamakuru ko bari kuvugana n’Umurenge n...
Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga n’itumanaho Airtel Rwanda cyatangije gahunda yiswe Ingoboka igamije gufasha abarwayi kwishyura ibitaro no kubona uko bagura imiti ariko bakagira n’a...
Ku kibazo cy’abibaza uko u Rwanda ruzamera nyuma y’uko Perezida Kagame azaba atakiruyobora, ubwe yabasubije ko igihe amaze aruyobora yakoze ibyo yagombaga gukora kugira ngo arutegurire ejo hazaza heza...
Abana bo mu mashuri yisumbuye atandukanye bari gutegurwa ngo bazavemo abayobozi bazi gufata ibyemezo neza kugira ngo bazigirire akamaro kandi bazavemo abayobozi beza b’ejo hazaza. Abanyeshuri basaga i...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, kiraburira inzego zirebana n’iterambere n’izindi zireba imibereho y’abaturage ko muri Mutarama, 2024 ikirere...
Abagenzi batoraguye uruhinja bigaragara ko ari bwo rwari rukivuka Nyina yarutaye ku nzira iri mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Iyi nkuru yamen...
Aba bakinnyi bavuze ko badashobora gukomeza gukora imyitozo kubera ko hari ibirarane bafitiwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Basabye ko bagirana inama n’ubuyobozi bwa AS Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa 30...
Kirr uyobora Sudani y’Epfo yageze Arusha muri Tanzania aho yahererwe ububasha bwo kuyobora Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba. Ni ububasha yahererekanyije na Evariste Ndayishimiye wari umaze igihe a...









