Abantu bane bo mu muryango umwe hamwe n’abapolisi babiri bo muri Polisi y’u Burundi ikorera i Bujumbura bafunzwe bakurikiranyweho kuganira ku ntambara iri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bagash...
Nk’uko asanzwe abigenza, Perezida Kagame yageneye ingabo, Polisi n’izindi nzego z’umutekano ubutumwa burangiza umwaka. Azishimira umuhati wazo mu gutuma u Rwanda rutekana kandi akazibutsa ko umuhati w...
Itangazo ry’ingabo z’u Rwanda ryasohotse muri iri joro riramagana ibirego biherutse gusohoka muri Le Monde no muri The New Humanitarian byanditswe n’umunyamakuru Barbara Debout by’uko hari abasi...
Nyuma yo kwitabira umuhango wo kurahira wa Bassirou Diomaye Faye, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yamugejejeho ubutumwa bwihariye yagenewe na mugenzi we uyobora u Rwanda, Paul Kagame. Ni ubut...
Abapolisikazi 100 bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro kuri uyu wa Mbere taliki taliki 08, Mutarama, 2024 batangiye amahugurwa bazamaramo ibyumweru bibiri abateg...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yandikiye ubutumwa ubuyobozi bwa Turikiya na Syria abwihanganisha nyuma y’uko ibi bihugu bipfushije abantu benshi bazize umutungito wabaye kuri uyu wa ...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bushima uruhare rw’abapolisikazi b’abagore mu kubungabunga umutekano haba mu Rwanda n’ahandi boherejwe mu mahanga. Ni ubutumwa bwacishijwe kuri Twitter aho Polisi...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa, OIF, Madamu Louise Mushikiwabo yaciye kuri Ambasade ya Tchad i Paris asinya mu gitabo kirimo amagambo yo gusezera kuri Maréchal Idriss Deb...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana TÊTē Antónió yashyikirije Perezida w’u Burundi Gen Evariste Ndayishimiye ubutumwa yahawe na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço. Minisit...








