Amakenga make ari mu bituma abatekera abantu imitwe bakabiba ibyabo babona ibyuho nk’uko abakozi ba RIB babitangaza. Niyo mpamvu batangiye ubukangurambaga busaba abaturage kujya bashishoza, bakamenya ...
Bijya gutangira hari taliki 14, Kanama, 2017 mu masaha ya kare mu gitondo ubwo ikigo Akagera Business Group cyatangarizaga kuri Twitter ko cyahaye ikigo Nile Safaris Express imodoka za bisi zo mu bwok...
Taarifa yamenye ko hari abantu benshi bafunzwe bakurikiranyweho kwiba abakiliya ba MTN amafaranga binyuze mu ikoranabuhanga. Ni ikoranabuhanga abita ‘hacking’ rituma umujura cyangwa undi m...
Abanyarwanda batatu baherutse gufatwa n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rubakurikiranyeho icyaha cyo gushinga umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo ndetse no kwihesha ikintu cy’undi hak...



