Amakuru atangazwa na Reuters avuga ko hari abasirikare bari basanzwe barinda Perezida wa Niger witwa Mohamed Bazoum bamufungiye mu Biro by’Umukuru w’igihugu. Ikindi kivugwa ni uko imihanda yose igana ...
Inama y’Ubutegetsi ya Bank ya I&M Bank Plc iherutse guterana itora ku bwiganze ko Umunyarwanda Benjamin Mutimura ari we muyobozi w’iyi Banki. Azatangira imirimo ye taliki 01, Nyakanga, 2023. Mutim...
Ubutegetsi bwa Joe Biden bwongeye kwibasira u Rwanda binyuze mu ‘gukomeza’ kurushinja gushyigikira 23, bukabikora bugamije kwereka amahanga ko ari rwo rwazengereje Repubulika ya Demukarasi ya Congo k...
Kuva Misiri yabaho kugeza n’ikindi gihe mu mateka yayo, abantu bazamera nk’umwami Ramses II ni mbarwa. Yari umuhanga mu bwubatsi, akaba umugaba w’ingabo w’integeranywa, mbese icyo yakoraga cyose cyara...
Perezida wa Equatorial Guinea Teodoro Obiang Nguema yatangarije kuri televiziyo y’igihugu cye ko ashyizemo Manuela Roka Botey wari usanzwe ari Minisitiri w’uburezi ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe. Ni...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki 14, Mutarama, 2023 ubutegetsi bwa Iran bwatangaje ko bwamanitse umunya Iran ufite inkomoko mu Bwongereza bwahamije ubutasi yakoreraga ikigo cy’ubutasi bw’A...
I Banjul mu Murwa mukuru wa Gambia ubwoba ntiburashira mu baturage nyuma y’uko ku wa 21, Ukuboza, 2022 haburijwemo Coup d’état. Hagati aho hari abasirikare batawe muri yombi birimo captaine na lieutén...
I Banjul mu Murwa mukuru wa Gambia ibintu ntibirasobanuka nyuma y’uko ubutegetsi butangaje ko haburijwemo umugambi wo guhirika Perezida Adama Barrow. Nta muntu uratungwa agatoki ko ari we wari warateg...
Kuba Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yongeye gutorerwa kuyobora ishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa ni ikintu bamwe bavuga ko kigiye gutuma u Bushinwa bukomeza kuba igihangange ariko binyuze mu nzi...
Ibiro Bikuru Bya Twitter byatangaje ko bibaye bikuye uru rubuga nkoranyambaga muri Ethiopia mu rwego rwo gukumira ko rwakwifashishwa mu kwenyegeza urwango mu baturage. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko...









