Inteko iburanisha urubanza rw’abaregwa gushaka guhirika Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwapfundiwe, rukazasomwa taliki 13, Nzeri, 2024. Urubanza rupfundikirwa iyo inteko iburanisha yanz...
Polisi ya Bolivia yafashe abantu bari bagiye guhirika ubutegetsi bwa Boliviia. Abo bantu bari bazindutse bagana aho Ibiro by’Umukuru w’igihugu biherereye mu Murwa mukuru La Paz. Abapolisi ...
Mu rukiko rwa gisirikare ruri ahitwa Ndolo mu Murwa mukuru Kinshasa kuri uyu wa Gatanu taliki 07, Kamena, 2024 harabera urubanza ry’abantu baherutse gushaka guhirika ubutegetsi bikaburizwamo. Radio Ok...
Guverinoma ya gisirikare yari isanzwe itegeka Burkina Faso yatangaje ko igiye gukomeza kuyobora mu myaka itanu. Ubu butegetsi bwari bumaze imyaka ibiri mu nshingano nyuma y’uko buhiritse ubutege...
Ishyaka iri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, riherutse gutangaza ko buri rugo rugomba gutera ibiti 10 by’avoka kugira ngo nizera zizabe isoko y’amadovize mu gihugu. Ni umwe mu mivuno CNDD-FDD ivuga ...
Nyuma y’uko muri N’Djamena umurwa mukuru wa Tchad havuzwe coup d’état, ubu ibintu bikaba byasubiye mu buryo, biravugwa ko uwari uhagarariye ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi witwa Yaya Dillo yaburiw...
Rwagati mu Cyumweru gishize hari Inama y’umutekano yabereye muri imwe muri Hoteli z’i Kyiv yavugiwemo iby’ejo hazaza ha Ukraine. Abayitabiriye barimo abasirikare bakuru n’abandi banyacyubahiro mu bihu...
Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye yabwiye amahanga ko iby’uko hari abashatse kumuhirika ku butegetsi ubwo yari yitabiriye inama ya G77 +China ndetse n’ubwo yari ari i NewYork mu Nteko rusan...
Inama y’ubutegetsi ya Banki ya Ecobank yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu taliki 30, Kanama, 2023 Richard Mugisha ari we muyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya ECOBANK. Asimbuye Ivan Twagirashema wacyuy...
Mu gihe Perezida wa Tchad ari gukora uko ashoboye ngo arebe uko yakumvikanisha uruhande rwahiritse Perezida wa Niger n’uwo rwahiritse, abasirikare bari ku butegetsi batangiye gufata abahoze bakorana n...









