Nyuma y’uko ubutegetsi bwa Joe Biden butangaje ko ingabo z’Amerika zigomba kuva muri Afghanistan mu gihe gito kiri imbere, ibigo by’ubutasi by’Abanyaburayi n’Amerika byatangiye kwisuganya kugira ngo b...
Ibi byemezwa n’Ibiro bya CIA( Central Intelligence Agency) bishinzwe gukoma mu nkokora imigambi ya ba maneko b’amahanga( counterintelligence). Bibishingira ku ngingo y’uko hari bamwe mu bahoze a...

