Major General James Birungi wahoze ushinzwe ubutasi bwa gisirikare mu ngabo z’Uganda guhera mu mwaka wa 2020 kugeza 2025, yoherejwe mu Burundi guhagararira inyungu za gisirikare, ibyo mu Cyonger...
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda General Muhoozi Kainerugaba yasohoye itangazo rivana Major General James Birungi mu nshingano zo kuyobora iperereza rya gisirikare agasimburwa na Major General ...
Inzego z’iperereza za Ukraine zivuga ko ari zo zateguye kandi zituma umugambi wo kwica Lt Gen Igor Kirillov wo mu ngabo z’Uburusiya ushyirwa mu bikorwa. Uyu musirikare kuri uyu wa Kabiri yaturikanywe ...
Kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri, 2024 Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Téte Antonio yagejeje kuri Perezida wa DRC Felix Tshisekedi inyandiko ikubiyemo uko ibiganiro biherutse guhuriza i Lu...
Intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’iz’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zaraye ziganiririye i Luanda uko amahoro arambye yagaruka mu Karere. Ni ibiganiro bikurikira ibindi byabaye mu gihe c...
I Luanda habereye inama y’ubuhuza bwa Angola yitabiriwe n’abahagarariye inzego zishinzwe iperereza hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Baganiriye ku byo babona byakorwa kugi...
Major General Aharon Haliva wari ushinzwe ubutasi bwa gisirikare mu ngabo za Israel yatangaje ko yeguye kubera uburangare yagize kugeza ubwo Hamas igabye igitero kuri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023....
Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Uganda bwanzuye guhagarika gukurikirana abasirikare batanu n’abapolisi babiri bwashinjaga guha u Rwanda amakuru y’ubutasi. Abagiye kurekurwa ni Lt Alex Kasamula ukore...
Urwego rw’ubutasi bw’Uburundi bwitwa Service National de Renséignement( SNR). Ruyoborwa na Gen Ildéphonse Habarurema, uyu akaba ari umwe mu basirikare b’Uburundi bafite ibigwi mu mashuri no mu bikorwa...
Uyobora ubutasi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ANR, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’anadi babiri bamwungirije ndetse n’Umuvugizi wa Guverineri w’iyi Ntara ku rwego rwa gisivili bamaze...









