Abitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku ivugurura rya Politiki y’imisoro mu Rwanda bahuriye i Rubavu basanze bumwe mu bwoko bw’imisoro ikwiye kwitabwaho muri iryo vurura ari iy’ubutaka. Ni inama yi...
Amakuru aturuka muri Kenya avuga ko Bwana James Mwangi uyobora imwe muri Banki zikomeye zo mu Karere u Rwanda ruherereyemo yitwa Equity Bank ashobora gutabwa muri yombi mu gihe kiri imbere akurikirany...
Minisitiri w’ibidukikije Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yatumijwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ngo ayihe ibisobanuro ku mikoreshereze y’ubutaka idafututse. Kudafutuka bishingiye ku bibazo bimaz...
Ubutaka bugera ku 1,315,890 bw’abaturage batandukanye bwanditswe mu mutungo wa leta mu buryo bw’agatenyo, nyuma y’uko ba nyirabwo batabwandikishije kandi bugomba kuba bufite aho bubarizwa mu buryo bw’...
Mu Rwanda uko iminsi ishira indi igataha niko haboneka ibimenyetso bihamya ‘imigambi ya bamwe’ yo guhimba inyandiko, kandi zikemerwa mu nzego zitandukanye za Leta, k’uburyo zishobora...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwashyiriyeho abawutuye uburyo bwo kubwegera bagasobanuza ibibazo bishingiye kuri serivisi z’ubutaka, z’imiturire, abatswe indonke n’ibindi. Kuri Twitter, ubuyobozi bw’Um...
Ku wa 17 Mutama 2019, Hategeka Augustin yishyuye itangazo kuri RBA arangisha ibyangombwa by’ubutaka bw’ikigo ‘ESCOM’, avuga ko byatakaye. Yaje kurikoresha kwa noteri w’ubutaka, asaba...






