Perezida Kagame mu ijambo yabwiye abaje mu gikorwa cyo gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Misiri ko isinywa ryayo ari ikimenyetso kerekana ko umubano hagati y’ibihugu byombi muri iki gihe uhagaz...
*Kabila avuga ko ibya Kigali na Kinshasa bitareba AFC *Muyaya we yemeza ko ibya M23 bizarangira nabi Mu kiganiro n’abanyamakuru, Umuvugizi wa Guverinoma ya Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo Pa...
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagize Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije ku wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2024 batangaje ko ibarura ry’ubutaka bw’u Rwanda ryagar...
Byatangajwe na Lt Gen Herzi Halevi. Uyu musirikare avuga ko ibitero byo mu kirere buri kugabwa muri Lebanon biri gutegura ibyo ku butaka. Kugeza ubu abantu 90,000 nibo bamaze kuvanwa mu byabo batinya ...
Amakuru agera kuri Taarifa aremeza ko Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ibinyujije mu Kigo gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, RAB, igiye gukorana n’Ikigo kitwa Rwanda Fertilizers Company baga...
Ni ibitanganzwa n’Inteko y’Umuco. Intiti zayo zivuga ko iyi Nteko imaze kubarura ahantu ndangamurage hasaga 500, habumbatiye amateka yo hambere. Kuhabarura biri mu rwego rwo gukomeza kuhabungabunga k...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi, MINECOFIN, yatangaje ko yigije imbere italiki abo bireba bazishyuriraho umusoro ku bukode, umusoro ku nzu n’umusoro ku butaka. Itangazo ryayo rivuga ko iyo taliki 29...
Abagenzacyaha bafatiye mu cyuho RIB yafatiye mu cyuho Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma ndetse n’Umuyobozi ushinzwe Ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri aka Karere bari kwakira ruswa...
Mu gihe isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro buri taliki 15, Ukwakira, buri mwaka, kuri iyi nshuro Umuryango w’Abibumbye warangaje ko bikigoye ko umugore agira ubwisanzure ku ...
Abatuye Akarere ka Bugesera cyane cyane abo mu Mujyi wa Nyamata bavuga ko kuba nta gishushanyo mbonera gisobanura neza uko uwo mujyi ukwiye kubakwa, byadindije iterambere ryawo. Kuba nta gishushanyo m...









