Mu mpera z’iki Cyumweru muri Mozambique hatangiye urubanza rw’amateka aho abahoze ari ibyihebe byari byarazengereje abaturage guhera mu mwaka wa 2017 batangiye gushyikirizwa ubutabera. Ni igikorwa kig...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 10, Ugushyingo, 2023, ubushinjacyaha buzageza CG(Rtd) Emmanuel Gasana imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rumurega ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha yahabwga n’amate...
Mu kwisobanura kwe mu rukiko rw’ibanze rwa Gasabo, Apôtre Yongwe yavuze ko kuba yarasabaga ituro abazaga mu rusengero, nta cyaha yakoze kuko ngo Yesu yarisabaga. Yunzemo ko habaye hari abumva ko yabas...
Umunyamabanga Mukuru wa Polisi mpuzamahanga Jürgen Stock yifatanyije n’Inzego z’ubutabera n’umutekano mu Rwanda mu gikorwa cyo gufungura inzu ngari irimo ikoranabuhanga ry’icyitegererezo mu gutahura, ...
Ubushinjacyaha bukuru bwa Kinshasa Gombe bwaraye bugejeje mu rukiko dosiye y’umunyamakuru wa Jeune Afrique witwa Stanis Bujakera bushinja gukwiza ibihuha no kumena amabana y’igihugu. Italiki azaburani...
Itangazo ryasohotse mu igazeti ya Leta yatangajwe kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Nzeri, 2023 rigaragaza ibyo inama y’ubutegetsi y’Urukiko rw’ikirenga yanzuye ku ikoreshwa ry’ingingo z’itegeko ryerekeye...
Mu basomyi ba Taarifa hari umugore cyangwa umugabo ufite inshuti cyangwa uwo bashakanye ugiye kumara amezi atandatu afunzwe ‘by’agateganyo.’ Impaka mu banyamategeko ku mpamvu zitera ubucucike bukabije...
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wasinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano y’inkunga ingana ba miliyoni 19,5 z’ama Euros izakoresha mu rwego rw’ubutabera. Ni igice cy’inkunga ndende ingana na mili...
Umugabo witwa Evariste Nyandwi yaraye afashwe nyuma y’igihe kirekire yihisha ubutabera kubera icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi yahamijwe na Gacaca. Gacaca hari yaramukatiye gufungwa imyaka 19 nyu...
Perezida Felix Tshisekedi avuga ko ubutabera bw’igihugu cye bwajenjetse cyane none byatumye DRC ibamo akaduruvayo. Tweet yakozwe n’umunyamakuru witwa Daniel Michombero ivugwa mo amagambo Felix Tshisek...









