Nyuma yo kubitswa amafaranga n’abaturage agakoramo akagira ayo yiguriza, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyabinyenga mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi kugira ng...
Mu kigo cya Groupe Scolaire Bugumira mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi haravugwa umuyobozi w’iki kigo wirukanywe nyuma y’uko agaragaye ku mbugankoranyambaga yasinze bikabije avuga n’amagambo y...
Dr Mbonimana Gamariel wigeze kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, nyuma akaza kwegura kubera ikosa ryo gutwara imodoka yasinze avuga hagize undi mahirwe ahabwa mu buyobozi yayakirana ...
Polisi itangaza ko muri rusange umutekano wagenze neza kuri Noheli. Icyakora ngo hari impanuka ebyiri zitagize uwo zihitana. No ku italiki ya 24, Ukuboza 2023, nta mpanuka nyinshi zabaye uretse ebyi...
Minisitiri w’umutekano mu gihugu Alfred Gasana yavuze ko muri rusange umutekano mu Rwanda uhagaze neza ariko ngo ikibazo gituma Abanyarwanda badatekana ni Ibiza. Yabivuze mu kiganiro yahaye itangazama...
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette avuga ko ikibazo cy’ubusinzi mu Rwanda cyafashe indi ntera k’uburyo hari n’abagore basigaye banywa agahiye bakagenda badan...
Mu Karere ka Gisagara haravugwa inkuru ya Gitifu witwa Tumusifu Jérôme wagonze abaturage babiri kubera ubusinzi. Uyu mugabo kandi mu mwaka wa 2020 yigeze gukubita umwana wari ufite imyaka 15 y’...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko ari ngombwa ko buri Munyarwanda agomba kuzirikana ko mu gihe cy’iminsi mikuru kwirinda ibyaha biba ari umwanzuro mwiza. Bisanzwe bimenyerewe ko mu mi...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, Inspector General of Police, Dany Munyuza yabwiye aba ofisiye bato muri Polisi y’u Rwanda ko bagomba kuva i Gishari barahinduye imyumvire. Ni imyumvire av...
Depite Habiyaremye Jean Pierre Celestin yabwiye Taarifa ko yeguye , ndetse ko ibaruwa w’ubwegure bwe yayigejeje ku buyobozi bw’Inteko ishinga amategeko ariko ko atarasubizwa. Yatubwiye ko impamvu yatu...









