Perezida Kagame yabwiye bagenzi bari mu Bushinwa mu nama iri kubahuza na mugenzi wabo uyobora Ubushinwa ko nubwo hari ibigoye biri ku isi, ariko hari n’amahirwe yo kubivamo. Avuga ko ubufatanye hagati...
Paul Kagame yaraye aganiriye na Jin Liqun uyobora Banki ya Aziya iteza imbere ishoramari mu bikorwa remezo yitwa mu Cyongereza Asian Infrastructure Investment Bank (AIIB). Ibiro by’Umukuru w’u Rwanda...
Lt Gen Huang Xucong ushinzwe ingabo z’Ubushinwa zirwanira ku butaka ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yaganiriye na Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda n’Umugaba mukuru w’ingabo, Ge...
Nyuma gutsinda amatora aheruka, Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde Narendra Modi yahisemo gutangirira mu Burusiya ingendo ze zo mu muhanga. Ni uruzinduko rw’iminsi ibiri rugamije kongera kureshya Uburusiy...
Kuba Leta zunze ubumwe z’Amerika ari igihangange ku isi, ntawe ubijyaho impaka. Ubuhangange bw’iki gihugu buri mu nzego zose ariko cyane cyane mu bukungu no mu bya gisirikare. Izi ngingo ebyeri nizo z...
Mu Cyumweru kizatangira taliki 21, Kanama, 2023 Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping azajya muri Afurika y’Epfo kuganira na mugenzi we Cyril Ramaphosa. Azaboneraho no kwitabira n’Inama izahuza ibihugu byis...
Itangazamakuru ryo muri Nigeria ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru taliki 02, Nyakanga, 2023, ubwato bw’intambara bw’ingabo z’Ubushinwa bwitwa Nanning bwageze ku mwaro wa Nigeria. Bwaje bu...
Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yatangaje ko hari ubwato bunini cyane bw’intambara bwa Leta y’Ubushinwa buri mu mazi buyisatira. Ubu bwato Abashinwa babwise Shandong. Buri mu mazi ari mu bilometero 300 ...
Ntabwo ibyiza bya Siporo bigarukira ku guha umubiri w’uyikora uburyo bwo guhumeka neza gusa cyangwa ngo itume amakipe yinjiza akayabo, ahubwo ihuza n’abasanzwe bafite ibyo bapfa. Ni muri uru rwego Pin...







