Mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ubushinjacyaha bwabwiyeInteko iburanisha ko bibaye byiza igifungo cy’iminsi 30 rwari rwarakatiye Kazungu Denis cyakongerwaho indi 30 kuko hari iperereza bukimukoraho. ...
Amakuru Taarifa yamenye avuga ko ubushinjacyaha bwasabiye uyu mugabo ukurikiranyweho ibyaha byo kwica abantu 14 urw’agashinyaguro guhabwa indi minsi 30 y’igifungo kuko hari ibyo bugikoraho ipe...
Dieudonné Murengerantwari wari umaze igihe gito ari Guverineri wa Banki nkuru y’Uburundi akaba yaratawe muri yombi taliki 07, Ukwakira, 2023, yamenyeshejwe n’ubushinjacyaha ibyo aregwa birimo no kuyis...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye Apotre Yongwe( amazina ye ni Harerimana Joseph)yagejejwe mu bushinjacyaha. Akurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejw...
Taarifa yamenye ko kuri uyu wa Mbere taliki 11, Nzeri, 2023 ari bwo dosiye ya Denis Kazungu yagejejwe mu bushinjacyaha. Akurikiranyweho ubwicanyi, gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gu...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwerekanye abantu barindwi bafashwe bakurikiranyweho kwiba abantu telefoni zabo. Barimo abamotari babiri, ukora ku iposita, ufite ubumuga n’abandi. RIB yavuze ko abamotari ba...
Ibyo kongerera ubushobozi Urwego rw’ubugenzacyaha biherutse kuvugirwa mu biganiro byahuje abayobozi bakuru ba RIB na Minisiteri y’ubutabera byamaze iminsi itatu. Hari hagamijwe kuganira kuri ejo hazaz...
Ubushinjacyaha mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa bwasabiye Philippe Hategekimana igihano cyo gufungwa burundu kubera uruhare avugwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Abashinjacyaha bamush...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Turahirwa Moses ukurikiranyweho ibyaha by’inyandiko mpimbano no gukoresha ibiyobyabwenge. Uyu yamamaye cyane m...
Urwego rw’ubugenzacyaha burashakisha uwitwa Sebanani Eric kubera icyaha bumukurikiranyeho cy’ubwicanyi. Ubugenzacyaha buvuga ko uwo bushakisha asanzwe afite izina bamuhimba rya Kazungu. Umugore yishe ...









