Ubwo harangizwaga Igihembwe cy’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, abayigize bemeje ku bwiganze ko Ubushinjacyaha bwemerewe gutangira gukurikirana Minisititi w’Ubutabera Con...
Ku nshuro ya kabiri nyuma yo kuva ku izima, Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Constant Mutamba, yongeye kwitaba ubutabera, abazwa iby’inyerezwa rya Miliyoni ...
Mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Itsinda ryakoraga iperereza ku byaha uwahoze ari umugore wa Perezida Juvénal Habyarimona witwa Agathe Kanziga ryanzuye ko rirangiye. Ryakorwaga ku byaha ashinjwa bir...
The Ben-amazina ye ni Mugisha Benjamin- yandikiye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro asabira imbabazi Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta, avuga ko amubabariye. Ibaruwa yageze mu itangazamakuru i...
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwasabiwe igihano cy’urupfu abantu 25 mu bantu 26 igihano cy’urupfu ku byaha bubarega birimo no kugambanira igihugu. Ukomeye muri b...
Uwo ni Ntazinda Emmanuel uherutse kuvumburwa mu mwobo wari iwe, ubugenzacyaha bukavuga ko yari yarawucukuye yihisha kubera uruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Kuri uyu wa Kabiri mu rukik...
Uyu musaza w’imyaka 74 y’amavuko yasabiwe gufungwa burundu kubera ibyaha ubushinjacyaha bumurega birimo uruhare rutaziguye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu kigo cya ISAR Rubona yayoboraga. Ubushinja...
Dr.Munyemana Sosthène uherutse guhamwa n’ibyaha bitatu birimo na Jenoside, agahanishwa gufungwa imyaka 24, yajuririye icyemezo cy’urukiko. Bikimara kumenyekana ko yajuriye, Ubushinjacyaha nabwo bahise...
Ubutabera bwanzuye ko Sosthène Munyemana afungwa imyaka 24 nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi byakorewe i Tumba. Perezida w’Urukiko yatangaje ko uru rukiko rwasanze yarateguye, ...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko dosiye iregwamo Umunyamakuru wigenga, Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame,guhohotera uwatanze amakuru ku byaha, guhoresha ibikangisho n’ic...









