Aba bagabo n’abagore bari bavuye mu mubatizo wabereye mu rusengero rw’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi bari kwa muganga nyuma yo kunywa ubushera bwanduye. Babunywereye kwa Habyarimana wo mu Mudugud...
Mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana haraye havugwa inkuru y’abaturage 53 bajyanywe ku kigo nderabuzima cya Munyaga nyuma yo kunywa ubushera bukabazonga mu nda. Ubushera ni ikinyobwa gukorwa m...
Mu Murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo haravugwa urupfu rw’umugabo w’imyaka 40 witwa Twagirayezu Théogène bivugwa ko yazize ikinyobwa bita ‘ubushera’. Ubushera ni ikinyobwa gikozwe mu masaha y’ama...


