Iyi Minisiteri iri mu zishyizweho mu gito gishize isaba Abanyarwanda gukorana umurava no kwirinda ivangura iryo ari ryo ryose kandi aho ari ho hose. Ikindi ivuga ko gikwiye kuba kimwe mu biranga Abany...
Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka yifitiye icyi...
Mu birori byo kurangiza ukwezi kwahariwe umugore byateguwe n’abahanga mu mibare na siyansi bakorera mu Rwanda, ubutumwa bw’ingenzi bwatanzwe bwari ubwo gushishikariza abakorwa biga siyansi guharanira...
Guhana intera byabaye bumwe mu buryo bwiza bwafashije abantu benshi kutandura cyangwa ngo banduzanye icyorezo COVID-19. Ku rundi ruhande ariko, ubwonko bw’abantu muri rusange byarangiritse k’uburyo ab...
Ubushakashatsi bwakozwe n’abaganga bo mu Rwanda bwerekanye uburyo guhurira ahantu hafunganye mu tubyiniro n’ibirori byo mu ngo byakwirakwije COVID-19, guhera mu minsi ya mbere ikigera mu gihugu. Ni ub...
N’Djamena ni umurwa mukuru wa Tchad, iki kikaba igihugu cyo muri Afurika giherutse kugira ibyago gipfusha Umukuru wacyo, bivugwa ko yaguye ku rugamba arashwe n’abanzi b’igihugu. Urutonde ruherutse guk...
Abigeze kuba mu cyaro bazi amoko y’inyoni zo mu Rwanda atandukanye. Izizwi cyane ni inuma, ifundi, intashya, umununi, sakabaka, icyiyoni, serukobokobo n’izindi. Ariko se ku isi hari inyoni zingahe? Ub...
Itsinda ry’abahanga mu binyabuzima ryatangaje ko 80% y’amoko y’ibinyabuzima ataravumburwa kandi ko igiteye impungenge ari uko hari menshi muri yo azacika ku isi atavumbuwe kubera ibikorwa by’abantu bi...







