Germaine Uwera wiga muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya siyanse na tekinoloji avuga ko iyo arebye uko bagenzi be bitabira kwiga siyansi asanga basigaye biyiyumvamo kurusha mbere. Yabwiye Taarifa...
Ebola, COVID, Marburg…izi ni zimwe mu ndwara zikomeye zikunze kwibasira Afurika zikavamo ibyorezo. Raporo zivuga ko akenshi abantu bandura izo ndwara bitewe no guhura n’inyamaswa zirimo n’uducur...
Mu Bwongereza havutse abana umunani bakomoka ku babyeyi batatu badahuje amaraso na gato. Ni ikintu kibayeho bwa mbere mu mateka y’ubushakashatsi mu kubyaza kuko amaraso y’abo bana nta kibazo yerekana ...
Abahanga bahangayikishijwe n’uko abana b’abakobwa bari gutangira kuzana amabere, kwaguka mu matako no kujya mu mihango bakiri bato cyane k’uburyo hari n’abo bibaho bafite imyak...
Guverineri wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) Dr. Justin Nsengiyumva avuga ko hakenewe gukorwa ubushakashatsi mu bukungu kugira ngo gahunda yo guhererekanya amafaranga no kwishyurana hakoreshej...
Inyoni zifitiye abantu akamaro kanini haba mu kubarinda binyuze mu kurya inigwahabiri zirimo imibu, amasazi, amajeri n’utundi dukoko dushobora kubanduza indwara. Hejuru y’ibi, hiyongeraho ko n’i...
Bisanzwe bizwi ko abantu bagejeje cyangwa barengeje imyaka 55 bagira ibyago byinshi byo kurwara indwara z’umuti n’imitsi, bigaterwa ahanini n’uko nyine baba bashake, izo ngingo zitagikora neza. Muri i...
Ubushakashatsi bwateguwe na Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango buvuga ko 57,1% ari ijanisha ry’abakobwa baterwa inda batarageza imyaka y’ubukure baba bazitewe nabo bita inshuti. 7% ba...
Imibare y’abashakashatsi b’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere yatangajwe hafi mu myaka ine ishize, yerekana ko abakoresha bavuga ko kubona umukozi ushoboye kandi warangije Kaminuza ari ikibazo kibakomerey...
Ku bufatanye bw’abashakashatsi mu binyabuzima bo mu Rwanda no mu Karere k’Afurika y’Uburasirazuba haherutse gutangazwa ko mu gishanga cy’Urugezi gikora kuri Gicumbi na Burera hari ubwoko bw’ibinyabuzi...








