Kuri uyu wa Gatandatu taliki 01, Mata, 2023 Papa Francis yasohotse mu bitaro aho yari amaze iminsi micye arwariye. Yari arwaye mu bihaha, guhumeka ari ikibazo. Mbere y’uko asezererwa mu bitaro, Papa F...
Umurambo wa Hon Fidel Rwigamba uherutse kwitaba Imana wasezeweho na bagenzi be bari bateraniye mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Hon Rwigamba aherutse gutabaruka azize uburwayi yari amaranye igih...
Musharraf yayoboye Pakistan mu gihe gikomeye akaba yaguye mu bitaro by’i Dubai azize uburwayi yari amaranye igihe. Apfuye afite imyaka 79 y’amavuko. Musharraf yibukirwa kuri byinshi harimo n’uburyo ya...
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwaciye urubanza rutegeka ibitaro byitiriwe Umwami Faysal kwishyura umuryango Miliyoni Frw 105, andi acibwa ikigo cy’ubwishingizi, SONARWA, kubera uburangare bwakozwe n’a...
Imyaka 12 irashize umuhanzi w’Umurundi bamwe bafata ko ari uw’ibihe byose muri kiriya gihugu atabarutse.Uwo ni Jean Christophe Matata. Matata yavutse mu mwaka wa 1960 atabaruka taliki 03, Mutarama, 20...
Sulemana Abdul Samed ni umugabo wo muri Ghana uvugwaho kuba muremure kurusha abandi ku isi muri iki gihe. Abaganga baherutse kumubwira ko yarengeje igipimo cy’uburebure busanzwe buzwi ku bantu basanzw...
I Vatican hari impungenge z’uko ubuzima bwa Papa Benedigito XVI bushobora kumucika bitewe n’uburwayi bukomeye nk’uko Papa Francis yabitangaje. Joseph Ratzinger ( niwe Papa Benedigito XVI) afite imyak...
Hari indirimbo iri mu zimaze igihe ivuga ko u Rwanda rw’ejo ruteganya kuzamenya gusoma. Icyakora hari ibindi rusoma bikarukoraho. Ibyo ni inzoga n’ibiyobyabwenge kandi byatumye umubare w’urubyiruko r...
Perezida Paul Kagame yashyize mu kiruhuko abapolisi n’abacungagereza bakuru, barimo ACP Kulamba Anthony wabaye umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, komiseri ushinzwe Interpol n’ubutwererane ndetse yayoboye...
Umukuru w’igihugu cya Nigeria Muhammadu Buhari yagiye kwivuriza mu Bwongereza bikaba biteganyijwe ko azagaruka mu gihugu cye mu matariki y’Icyumweru cya kabiri cya Nyakanga, 2021. Iby’uko Perezida Buh...








