Indwara zo mu mutwe ziri kwiyongerera mu Banyarwanda k’uburyo umuntu umwe muri batanu afite iki kibazo. Ni ibyemezwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC. Iby’iki kibazo biherutse gushimangirwa ...
Yitwa William Ntidendereza akaba yatabarutse mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe arwariye mu bitaro byitiriwe Umwami Faysal. Yapfuye afite imyaka 73 y’amavuko kuko yavu...
Nyuma y’igihe gito yari amaze mu bitaro kubera ikibazo cyo kumva atameze neza ndetse akumva arwaye isereri, Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yatashye. Abakora mu Biro bye batang...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yaraye ajyanywe mu bitaro byitwa Sheba Medical Center biri i Ramat Gan hafi y’Umujyi wa Tel Aviv. Abakora mu Biro bye batangaza ko yagize ikibazo cyo ...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu Burundi yatangaje ko Ambasaderi w’iki gihugu mu Misiri, Cheik Rachid Malachie Niragira yapfuye mu buryo butunguranye. Ni itangazo ryaraye risohotse k...
Joseph Mayanja uzwi nka Dr Jose Chameleone arembeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera kurwara igifu. Muri iyi minsi yagiye kuvurirwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Mu minsi yatambutse abagan...
Kiliziya Gatolika yatangaje ko yabuze Musenyeri (ni izina ry’icyubahiro) Nayigiziki Nicodème wari umaze gihe mu kiruhuko cy’izabukuru. Yapfuye afite imyaka 94. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uy...
Abanyarwanda cyane cyane abo mu Ntara y’Amajyaruguru, bakunda agahiye. N’ubwo inzoga zemewe, ariko abaganga basaba abantu ‘kunywa mu rugero’. Abantu bakunda inzoga bavuga ko kunywa mu rugero ari ikint...
Umunyamerikakazi wamamaye mu ndirimbo zo mu bwoko bwa rock’n roll witwa Tina Turner yaraye atabarutse nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe. Yapfuye afite imyaka 83 y’amavuko. Uyu muhanzi yari amaze im...
U Rwanda rwafatanyije n’amahanga kuzirikana ibibazo abana bavukana ubumuga bw’imyitwarire idasanzwe ishingiye ku mikorere y’ubwonko bwabo bwitwa Autism bahura nabyo. Mu Mujyi wa Kigali ahabereye inama...









