Omar Al Bashir wahoze uyobora Sudan arwariye mu bitaro biri mu Majyaruguru y’iki gihugu nyuma y’uko yoherejwe muri bimwe mu bitaro bikomeye by’aho. Bashir yavanywe ku butegetsi n’imyigaragambyo yabaye...
Minisiteri y’ubuzima mu Burundi ivuga ko hari abantu batatu bamaze kwandura ubushita bw’inkende mu Kirundi babwita ‘Urukushi”. Ubu bushita bwaraye butangajwe ko bwageze no mu R...
Mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero hari umugabo witwa Kalinda Viateur uvugwaho gutwikira umwana we mu nzu agapfa. Karinda afite imyaka 35 y’amavuko naho umwana we Iremukwishaka Viateur yari...
Akarere ka Nyagatare niko ka mbere gafite abafite ubumuga benshi kurusha utundi mu Rwanda, abo bakabamo n’abafite ubwo mu mutwe. Ikibazo kiyongeraho ni uko hari n’urubyiruko rwinshi rwavutse rudafite ...
Uburwayi mu bakinnyi batanu ba AS Kigali bwabaye mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo bari bagiye gukina na Sunrise FC umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona. Amakuru yemeza ko abo bakinnyi bajya gukina ba...
Byatangajwe ko umwami w’Ubwongereza bamusanganye cancer. N’ubwo ubwoko bw’iyi cancer butaratangazwa, birashoboka ko yaba ikomeye kubera ko BBC itangaza ko abaganga b’umwami Charles III bamubujij...
Kuri X Perezida Kagame yaraye ahanditse ubutumwa bwo gufata mu mugongo abaturage ba Namibia kuri iki Cyumweru taliki 04, Gashyantare, 2024 babuze Perezida wabo watabarutse azize cancer. Perezida wa Na...
Ubwo yatangizaga inama nyunguranabitekerezo kuri za Cancer, Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko muri rusange cancer ari indwara zishobora kwirindwa abantu bahinduye imibereho yabo. Yav...
Mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr yakiriye ububasha bwo kuyobora Umuryango w’ibihugu umunani bigize EAC. Mu mbwirwaruhame yagejeje kuri bagenzi be, yumvikanishije...
Umuhanga mu mitekerereze ya muntu wagize uruhare runini mu kubaka imitima y’Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi akaba n’intiti ikomeye Prof Pierre Rwanyindo Ruzirabwoba yatabarutse afite ...









