Ubutasi bwa gisirikare butangaza ko umurwa mukuru wa Syria witwa Damascus wafashwe n’abarwanyi bari bamaze iminsi bawototera. Bivugwa ko Perezida wa Syriana Bashar Assad yafashe indege ahungira ahantu...
Mbere y’uko arangiza manda ye, Perezida w’Amerika Joe Biden yemereye Ukraine ibisasu bitegwa mu butaka bita anti-personnel land mines byo guturitsa ibifaro by’ingabo z’Uburusiya. Ni uburyo Amerika ivu...
Inzego z’umutekano z’Uburusiya zitangaza ko kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Ugushyingo, 2024 hari missiles zo mu bwoko bwa Atacms Ukraine yaburasheho. Bivuzwe nyuma y’igihe gito Amerika yemereye Ukraine...
Perezida w’Uburusiya yavuze ko yiteguye kwitaba Donald Trump igihe cyose azatera intambwe akamuhamagara. Yaboneyeho no kumushimira intsinzi aherutse kwegukana mu matora y’Umukuru w’Amerika aheruka. As...
Abanyarwanda baca umugani w’uko ‘ibijya gucika bica amarenga’. Uyu mugani muri iki gihe uri hafi kugana akariho kubera ko ubushyamirane buri hagati ya Leta zuze ubumwe z’Amerika n’Uburusiya- binyuze m...
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer yirinze kwerurira itangazamakuru ku byo yaganiriye na Perezida w’Amerika Joe Biden ku byerekeye kwemerera Ukraine kurasa missiles mu Burusiya. Ni mis...
Nyuma gutsinda amatora aheruka, Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde Narendra Modi yahisemo gutangirira mu Burusiya ingendo ze zo mu muhanga. Ni uruzinduko rw’iminsi ibiri rugamije kongera kureshya Uburusiy...
Kuri uyu wa Kane nibwo Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yageze muri Vietnam mu ruzinduko rw’akazi. Agezeyo akubutse muri Koreya ya Ruguru aho yaganiriye na mugenzi we Kim Jon Un bakanasinya amasezer...
Inzego z’iperereza n’iza gisirikare mu Burusiya zakoranye zifata abantu bakekwaho kugaba igitero mu kabyirino kari mu nkengero z’umurwa mukuru, Moscow mu ijoro ryakeye. Imibare y’abo cyahitanye yamaze...
Ubutegetsi bw’i Moscow buvuga ko byaba byiza kurusha uko abandi babibona haramutse hirinzwe ko Niger iterwa. Uburusiya buvuga ko ikintu cy’ingenzi kurushaho ari uko amahoro yabungwabungwa kuko iriya ...








