Minisitiri w’Intebe wa Pologne Donald Tusk yavuze ko nihagira ikintu icyo ari cyo cyose cyongera kuvogera ikirere cyayo bazagihanura. Abivuze aha umuburo Uburusiya nyuma y’uko hari drones zabwo zigeze...
Imwe mu nyubako za Guverinoma ya Ukraine yaguyeho igisasu bivugwa ko cyarashwe n’Uburusiya. Kuva intambara hagati y’ibihugu byombi muri Gashyantare, 2022 yatangira, nibwo bwa mbere igisasu...
Nyuma y’iminsi mike Putin aganiriye na Trump, ingabo z’igihugu cye ziravugwaho kugaba ibitero bya drones 574 byarashe missiles 40 mu minsi mike yashize. Umwe mu bayobozi ba Ukraine niwe wa...
Mu ijoro ryakeye, Donald Trump yabwiye itangazamakuru ko ikiganiro yagiranye na Vladmir Putin cyabaye kiza n’ubwo nta mwanzuro wo guhagarika intambara muri Ukraine wagezweho. Trump yavuze ko icyemeran...
Abanyapolitiki bo mu Burayi baraganira uko bazitwara mu gihe Amerika n’Uburusiya baba bemeranyije kuri ejo hazaza ha Ukraine babihejwemo, igihugu Uburayi bufata nk’ahantu h’ingenzi mu mutekano wabwo c...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko ibyo Donald Trump avuga by’uko kugira ngo amahoro agaruke ari ngombwa ko Ukraine iharira Uburusiya ubutaka bumwe bitazashoboka. Trump avuga ko mu...
*Amerika yahaye Iran amasaha 48 ngo imanike amaboko *Iran ntibikozwa *Putin ashobora kwinjira muri iyi ntambara UBURASIRAZUBA bwo Hagati bwahoze kandi kugeza n’ubu buracyari ahantu hakunze kubera inta...
Abantu 31 nibo bivugwa ko baguye mu gitero cyagabwe n’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine mu Mujyi witwa Sumy abandi 84 barakomereka. Perezida wa Ukraine witwa Volodymyr Zelensky avuga ko u Burusiya bwag...
Donald Trump yanenze imiyoborere ya Perezida wa Ukraine, avuga ko adashoboye kuganira ngo amahoro agaruke aho yabuze, haba mu gihugu cye cyangwa ahandi. Volodymyr Zelenskyy unengwa asanzwe ari Perezid...
Ingabo za Ukraine zivuga ko hari umusirikare wa Koreya ya Ruguru zafatiye ku rugamba yakomeretse. Si Ukraine yonyine ibyemeza ahubwo n’ubutegetsi bw’i Seoul muri Koreya y’Epfo buraby...









