Paul Kagame yaraye abwiye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’abagore ko n’ubwo hari byinshi byakozwe ngo uburinganire n’ubwuzuzanye bw’ibitsina byombi bugerweho, hari ibitarakorwa. P...
Nta munsi cyangwa ibiri ihita, byatinda cyane hagashira icyumweru…mu Rwanda hatavuzwe umugabo cyangwa umugore wishe uwo bashakanye, umugabo wishe umwana cyangwa abana n’ibindi bikura abantu umutima! ...
Umuhati w’uko uburinganire n’ubwuzuzanye byakwira ku isi hose waradohotse. Ndetse ngo umaze gutanga icyuho kinini k’uburyo raporo y’Ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Abibumbye itangaza ko bizafata i...
Mu Murenge wa Ngororero mu Karere ka Ngororero hari abagore bavugwaho gukubita abagabo babo. Umwe mu bagore bo muri aka gace avuga ko bagenzi be bakora biriya ari abataha mu gicuku basinze, bagakoman...
Umwe mu myanzuro abagore bahagarariye abandi mu Ihuriro Rwanda Women’s Network baherutse kwiyemeza kuzakomeza gushyiramo imbaraga ni uwo gukorana n’inzego za Leta mu kubaka amahoro. Babibwiye Taarifa ...
Mu bihe bitandukanye, u Rwanda rwakomeje kuza ku isonga mu guteza imbere umugabo n’umugore haba mu mategeko abaha uburenganzira bungana, ndetse kenshi abagore bagahabwa uburyo bwihariye bugamije kubat...
Perezida Paul Kagame yashimagiye ko u Rwanda rufite intego yo kuziba icyuho mu buringanire mu bijyanye no kugera kuri serivisi z’ikoranabuhanga bitarenze umwaka wa 2026, agaragaza bimwe mu bizatuma iz...
Raporo ya Global Gender Gap Index 2021 yashyize u Rwanda ku mwanya wa karindwi ku isi n’uwa kabiri muri Afurika, mu kubahiriza uburinganire bw’abagabo n’abagore mu nzego zitandukanye...
Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge yavuze ko Minisiteri ayoboye yateguye imfashanyigisho izafasha Abanyarwanda kwitegura kurushinga, bazajya...
Jean Bosco Rudasingwa wari uhagarariye Ihuriro ry’abagabo baharanira kumvikanisha akamaro k’ubwuzuzanye hagati y’umugore n’umugabo mu nama yahuje abagore bagize Pro Femmes Twese hamwe na MIGEPROF yavu...









