Kuri uyu wa Mbere taliki 18, Nyakanga, 2022 mu Rwanda hose hatangiye ibizami bigenewe abanyeshuri bo mu mashuri abanza. Abiyandikishije bemerewe gukora biriya bizami ni abana 229,859. Ku rwego rw’igih...
Devotha Kamayumbu Pendo atuye mu Mudugudu wa Bitoma, Akagari ka Cyinzovu, Umurenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza. Yabwiye Taarifa ko umukobwa we w’imyaka itandatu yasambanyirijwe inshuro ebyiri mu...
Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko abanyeshuri biga i Kigali ariko bakiga bataha bazaguma iwabo mu Cyumweru CHOGM izaberamo, abanyeshuri basabwe kuzakomeza kwiyigisha bagasubira mu byo bize ...
Mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi nk’imwe mu nkingi z’iterambere rirambye, Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kubaka ibyumba by’amashuri mu rwego rwo kugabanya ubucucike. Icyakora ibyumba 847 n...
Umwe mu bayobozi bakuru muri Kaminuza Nyafurika yigisha imibare na Siyansi( AIMS Rwanda), ishami ry’u Rwanda witwa Dr Herine Otieno avuga ko kugira ngo abakobwa bazige kandi bakore ibijyanye n’imibare...
Ubwo yakiraga mugenzi we uyobora Guinea Bissau uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, Perezida Kagame yamubwiye ko u Rwanda rwifuza gukomeza ubufatanye rufitanye na Guinea Bissau mu nzego z’ubure...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Suwede Dr Diane Gashumba yahuye n’Umuyobozi w’Ikigega cya Suwede gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Swedish International Development Agency ( Sida), ishami ry’Afurika witwa...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’ingendo ku banyeshuri biga bacumbikirwa. Aba mbere bazagenda kuri iki Cyumweru tariki 09, Mutarama, 2022. I...
Saa cyenda zuzuye ku isaha y’i Kigali, nibwo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ari bugeze ijambo ku batuye u Rwanda akababwira uko uyu mwaka ugiye kurangira ruhagaze mu nzego za...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu bakandida 72,910 bakoze ibizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye, abagera ku 7727 batagejeje ku inota fatizo bityo batemerewe guhabwa impamyabumenyi. Kuri uyu ...









