Ikibazo cy’ababyeyi batabonera abana babo umunya ngo babaganirize ku buzima bw’imyororokere ntikiba mu Mujyi wa Kigali gusa. Kiri n’ahandi nk’uko abanyeshuri bo mu kigo cy’amashuri cya Karangazi High ...
Minisiteri y’uburezi yatangaje ko agahimbazamusyi abayobozi b’ibigo bya Leta bakaga ababyeyi kavanyweho. Ababyeyi babyishimiye bavuga ko ari ikindi kintu cyerekana ko Guverinoma ibitaho. Icyakora hari...
Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basabye Minisiteri y’uburezi gusuzuma ikibazo cy’imiyoborere mibi muri bimwe mu bigo by’am...
Inzego z’ubuzima, abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abandi bafite aho bahuriye n’ubuzima banyomojwe n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) ubwo bavugaga ko nta ...
Kuva Leta y’u Rwanda yatangaza ko ababyeyi b’ abana biga mu mashuri y’incuke n’abanza bazajya bishyura Frw 975 ku gihembwe kugira ngo babashe gufatira amafunguro ku ishuri, muri Huye ni hamwe mu hata...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yasuye mugenzi we uyobora Singapore witwa Madamu Halimah Yacob uyobora Singapore baganira uko umubano w’ibihugu byombi wakomeza kuzamurwa. Kuri Twitter y’Ibiro by’Umukur...
Umubyeyi witwa Munyazesa avuga ko kuba Minisiteri y’uburezi yatangaje ko uruhare rw’umubyeyi [rw’amafaranga] mu myigire y’umwana we ari ibyo kwishimira n’ubwo hari abazakomeza kugorwa no kubona ayo m...
Leta y’u Rwanda ifatanyije na Carnegie Mellon University na Mastercard Foundation bagiye gushora Miliyoni $275.7 mu mishinga yo kuzamura imyigire y’urubyiruko rw’u Rwanda kugira ngo rugire ubumenyi mu...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente amaze gutangariza Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, imitwe yombi, ko Guverinoma yamaze guteganya Miliyari Frw 5 zo gushyira mu kigega giha abarimu inguzanyo ...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Gaspard Twagirayezu yaraye atangaje ko iyi Minisiteri yahinduye uburyo amanota yatangazwagamo mu rwego rwo ‘korohe...









