Andrzej Duda uyobora Pologne arateganya gusura u Rwanda mu minsi mike iri imbere. Ubwo azaba ari mu Rwanda azaboneraho no gufungura Ambasade y’igihugu cye mu Rwanda. U Rwanda rwo rufite Ambasaderi war...
Mu rwego rwo gufasha Leta y’u Rwanda mu muhati wayo wo kubakira ubushobozi abarimu n’abanyeshuri biga siyansi, Kaminuza Nyafurika y’imibare na siyansi, African Institute of Mathematical Sciences...
Ku bufatanye bwa Kaminuza nyafurika yigisha imibare na siyansi, African Institute of Mathematicak Sciences, AIMS, na Master Card Foundation, abarimu 700 bigisha imibare na siyansi baraye bahawe impamy...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari kumwe na Komiseri mu Muryango w’Uburayi ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga Jutta Urpilainen basinye amasezerano y’ubufatanye bw’impande zombi mu guteza imber...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiswe Global Gateway Forum ryabereye mu Bubiligi, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yababwiye ko imikoranire ya Leta n’abikorera ku giti ...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF, ku bufatanye na Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’Umuryango na Airtel Rwanda batangije urubuga bise Itetero.rw ruha ababyeyi cyangwa abar...
Uyu mugambi u Rwanda urateganya kuzasubiza abana 177,000 mu ishuri. Ruzawukora ku bufatanye na Qatar n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kureba ishyirwa mu bikorwa by’intego z’iterambere riram...
Yitwa William Ntidendereza akaba yatabarutse mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe arwariye mu bitaro byitiriwe Umwami Faysal. Yapfuye afite imyaka 73 y’amavuko kuko yavu...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 ingabo z’u Rwanda zigize ikitwa RWABATT10 zikorera muri Repubulika ya Centrafrique zamurikiye ubuyobozi bwo mu gace zikoreramo n’ubwa MINUSCA ibyumba bitan...
Abasenateri baraye basabye ko hashyirwaho uburyo bwihariye bwo kwigisha Jenoside yakorewe Abatutsi mu mashuri yose. Basanga uburyo Jenoside yakorewe yakorewe Abatutsi yigishwa, bukwiye kuvugururwa. A...









