Abantu muri rusange bibwira ko ari bo bayobozi b’ibindi biremwa kandi ko bagomba kubikoresha uko bashaka mu nyungu zabo bwite. Ibi ariko siko bimeze kuko hari amabwiriza yatenzwe n’Umuryan...
Mu kiganiro cyahuje ubuyobozi bwa Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu n’izindi nzego zifite aho zihurira n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu, Dr Gasanabo Jean Damascène wari uhagarariye...

