Francis Kaboneka wigeze kuba Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yaraye ahawe inshingano muri Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu. Ni umwe mu myanzuro yaraye ifitiwe mu Nama y’Abaminisitiri yayobowe na ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kuba umukozi w’Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, yarangiwe mu Rwanda bishingiye ku ngingo y’uko uyu muryango utemerewe ku...
Raporo ya Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu mu mwaka wa 2023/2024 iragaraza ko igenzura yakoreye mu mu Magororero 14 yasanze afungiwemo abantu 86 274 mu gihe afite ubushobozi bwo kwakira abantu 61 3...
Mukasine Marie Claire uyobora Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu avuga ko ibibazo byinshi bakira ari ibishingiye ku mitungo abashakanye, abavandimwe, abaturanye cyangwa inshuti bapfa. Yabivugiye mu Mu...
Umushinjacyaha witwa Bruce Afran yareze Perezida wa Uganda Yoweli Museveni n’umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha abashinja gukorera ibya mfura mbi abatavuga rumwe n’u...
Imiryango itari iya Leta muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko Perezida w’iki igihugu aha amabwiriza ingabo na Polisi yo kugirira nabi abo yita ku batamwumva. Babitangaje nyuma y’ijambo Tshi...
Ubwanditsi bw’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu witwa Human Rights Watch buvuga ko uyu muryango wishimiye ifatwa rya Alain Guillaume Bunyoni. Buvuga ko ari intambwe nziza yatewe kandi bizaha...
Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu yatangije ibiganiro nyigisho bigamije kungurana ibitekerezo n’abagize Komisiyo z’uburenganzira bwa muntu za Côte d’Ivoire, Bénin na Cameroun hagamijwe kur...
Mu gihe u Bwongereza bwaharaniraga kuva mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, bisa n’aho bwibagiwe ko hari n’urundi rwego bufitemo ubunyamuryango kandi urwo rwego rukomeye. Ni Urukiko rw’u Burayi rushinzw...
Sosiyete Sivili yo muri Uganda yanenze Leta ko yemeye guha buri Mudepite ibihumbi56$ ni ukuvuga miliyoni 200 z’amashilingi ya Uganda kugira ngo agure imodoka nshya. Abagize sosiyete sivili ya Uganda b...









