Ubwo yajyaga ku butegetsi bwa mbere hagati y’umwaka wa 2017 n’uwa 2021, Donald Trump yavuze ko igihugu cye kidashobora gukorana n’amasezerano y’i Paris avuga ko ibihugu bikize bigomba kugabanya ibyuka...
Abayobozi batandukanye barimo na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza David Cameron bamaganye iraswa rya Minisitiri w’intebe wa Slovakia witwa Robert Fico. Yarasiwe h...
Umuyobozi mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga witwa Jutta Urpilainen yaraye asinyanye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta amasezerano y’ubufatanye mu gu...
Ursula von der Leyen yageze i Kigali kuri uyu wa Mbere taliki 18, Ukuboza, 2023 mu ruzinduko ari butangirire mu muhango wo gufungura ku mugaragaro uruganda rukora inkingo ruri bufungure mu gihe gito k...
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wasinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano y’inkunga ingana ba miliyoni 19,5 z’ama Euros izakoresha mu rwego rw’ubutabera. Ni igice cy’inkunga ndende ingana na mili...
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi watangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu talki 29, Nyakanga, 2023 uhagaritse ubufatanye bwose mu bya gisirikare wari ufitanye na Niger. Ni icyemezo cyatangajwe n’Ushinzw...
Abanyamateka bavuga ko icyaha abantu bakoreye abandi ku isi gikomeye kurusha ibindi kandi ntigihanwe ari ubucakara Abazungu bakoreye Abirabura. Hagati y’ikinyejana cya 15 nicya 19 nyuma ya Yezu Kristu...
Amahanga ararebera ikibazo gikomeye kiri ku Birabura Tunisia yanze kwakira ku butaka bwayo, ikabashyira ku bundi butagira nyirabwo aho bari kwicirwa n’inzara. Abo birabura baratakambira amahanga kubat...
Hari abemeza ko Emmanuel Macron afite politiki yihariye cyane ugereranyije n’abandi bamubanjirije ubwo Repubulika yiswe iya Gatanu yatangiraga mu Bufaransa itangijwe na Gen Charles de Gaulle. A...








